Mu bice by’Ubutayu bwa Sahara bwo muri Mauritania, Morocco na Tunisia hari Abirabura bahajugunywe n’abayobozi b’ibi bihugu nyuma y’uko bafashwe bashaka kujya mu Burayi. Ikinyamakuru Der Spiegel cyo mu...
Muri Leta ya Florida muri Amerika haraye imiborogo ubwo Umuzungu witwa Ryan Christopher Palmeter yasangaga Abirabura mu iduka ryitwa Dollar General riri i Jacksonville akabarasa bagapfa. Biragaragara...
Mao Zedong( 26, Ukuboza, 1893 – 9, Nzeri, 1976) wayoboye Ubushinwa yigeze kuvuga ko ‘amateka yandikishije amaraso n’icyuma’. N’ubwo n’ahandi henshi ku isi ariko biri, ariko reka turebe gato uko Ababil...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 06, Ugushyingo, 2022 nibwo umuraperi w’Umunyamerika wamamaye ku izina rya Eminem yashyizwe ku rutonde ry’ibindi byamamare by’Abanyamerika bitazibagirana ku isi. N...
Igihugu kitirwa Intwari Nelson Mandela ari cyo Afurika y’Epfo gifite undi mwihariko ariko udashamaje. Ni cyo gihugu cya mbere ku isi kirimo ubusumbane mu mibereho y’abantu kurusha ibindi. 80% by’umutu...




