Alain Mukularinda usanganywe inshingano zo kuvugira Leta y’u Rwanda avuga ko abimukira bazava mu Bwongereza bazagera mu Rwanda mu gihe gito kiri imbere. Avuga ko kubakirana ubumuntu ari inshingano ku...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko u Rwanda ruri kuganira na Denmark ku bimukira iki gihugu gishaka kohereza mu Rwanda Ati: “ Kuba ibiganiro bihari byo b...
Umunyamabanga muri Guverinoma y’u Bwongereza ushinzwe umutekano muri kiriya gihugu Madamu Priti Patel nyuma yo gusinya amasezerano y’imikoranire y’igihugu cye n’u Rwanda mu by’abimukira, yashimye ko i...
Saa saba zuzuye nibwo Umunyamabanga muri Leta y’u Bwongereza ushinzwe umutekano imbere mu gihugu Madamu Priti Patel ari businyane na bagenzi be mu Rwanda amasezerano y’imikoranire mu kwakira no kwita ...
Umunyamabanga wa Leta mu Bwongereza ushinzwe umutekano imbere mu gihugu Madamu Pritti Patel yaraye mu Rwanda mu ruzinduko rwo kwigira hamwe uko iki gihugu cyazakira abimukira 4000 bazava mu Bwongereza...
Mu mpera z’Icyumweru gishize umugabo ukomoka muri Zimbabwe witwa Elvis Nyathi yafashwe n’abaturage bo muri Afurika y’Epfo bamutwika ari muzima. Ni igikorwa cyatumye Leta ya Afurika y’Epfo ihaguruka it...
Taarifa ifite inyandiko ikubiyemo imyanzuro umunani yanzuwe nyuma y’Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma z’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika n’ibigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi. Umwe...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abandi bayobozi bari bahuriye mu Nama yo kwiga ku miterere y’icyibazo cy’abimukira yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga ko abaturage b’Afurika bagombye kuba iwabo mu ma...
Mu buryo buteruye Guverinoma y’u Bwongereza yatangarije Taarifa ko idashobora kwerura ngo ivuge ibikubiye mu biganiro u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu ku bibazo by’ubufatanye mu...
Itangazamakuru ryo mu Bwongereza rivuga ko hari amakuru aturuka muri Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe Borris Johnston avuga ko hari ibiganiro u Bwongereza buri kugirana n’u Rwanda ngo ruzakire abimu...









