Nyuma ya Margret Thatcher, Theresa May, ubu undi mugore witwa Liz Truss niwe ugiye kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza asimbuye Boris Johnston uherutse kwegura nyuma y’ibibazo by’imiyoborere idah...
Abakandida babiri basigaye mu bahatanira kuzatorwamo uzasimbura Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza bavuze ko (buri wese ukwe) nibatorwa bazakomeza Politiki y’ubufatanye n’u ...
Bivugwa ko abantu 46 basanzwe mu ikamyo barapfuye bari abimukira bari bavuye muri Mexique bagiye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariko mu buryo budakurikije amategeko. Ikamyo bapfiriyemo yasanzwe mur...
Nyuma y’uko bukomwe mu nkokora n’Icyemezo cy’Urukiko rw’u Burayi kitambitse ibyo kohereza abimukira mu Rwanda, Guverinoma y’u Bwongereza yavuze ko igiye kujya ishyira ikimenyetso ku bimukira baza muri...
Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko ishinga amategeko y’u Bwongereza, Priti Patel ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza yavuze ko n’ubwo Urukiko rw’u Burayi rwita ku burenganzira bwa muntu bwitambitse...
Mu gihe u Bwongereza bwaharaniraga kuva mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, bisa n’aho bwibagiwe ko hari n’urundi rwego bufitemo ubunyamuryango kandi urwo rwego rukomeye. Ni Urukiko rw’u Burayi rushinzw...
Urukiko rw’u Burayi rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwitambitse icyemezo cyo kuzana abimukira u Bwongereza bwagombaga kuzana mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022. Ngo kubazana birim...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yasubije itangazamakuru ryari rimubajije inyungu u Rwanda rufite mu kwakira abimukira bagiye kuva mu Bwongereza, avuga ko imwe muri zo ari ukububakira ubus...
Mu kiganiro cyahuje abakora mu Biro by’Umuvugizi wa Guverinoma ku byo kwakira abimukira, umunyamakuru wa Taarifa yabajije icyo amategeko ateganya ngo abimukira bazaza mu Rwanda bazemerwe ubwenegihugu ...
Mbere y’uko arangiza urugendo rw’iminsi mike yari amaze mu Bwongereza, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr Vincent Biruta yaganiriye na benshi mu bayobozi bakuru b’ubu bwami ndetse bong...









