Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Abaraye bagez...
Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yaraye itoye umwanzuro wo gushyigikira gahunda y’igihugu cyabo yo kohereza abimukira mu Rwanda. Abadepite 313 batoye bemeza ko u Rwanda ari igihugu gitekanye ab...
Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza iratorera Umushinga mushya w’Ubufatanye hagati y’u Rwanda n’ubu bwami ku byerekeye abimukira. Ibiri buve muri aya matora biraba bivuze ikintu kinini ku buyobozi ...
Amaze kubona ko u Rwanda n’Ubwongereza bavuguruye kandi bagasinya amasezerano y’ubufatanye ku kibazo cy’abimukira, Robert Jenrick wari Minisitiri mu Bwongereza ushinzwe abinjira n’abasohoka yeguye. Mu...
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ibibera imbere mu gihugu witwa James Cleverly azaza mu Rwanda kuganira na bagenzi be bayobora u Rwanda uko hasinyw...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije Me Alain Mukuralinda avuga ko kuba ibyo kohereza abimukira mu Rwanda bavuye mu Bwongereza byaraye byanzwe n’Urukiko bitazarubuza gukomeza uwo mutima. Ariko...
Lord Reed uyobora Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza yatangaje ko we na bagenzi be basanze gahunda y’Ubwongereza n’u Rwanda yo kurwoherereza abimukira ngo babanze barubemo mber...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yahinduye abagize Guverinoma ye, akuramo Suella Braverman wari ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu ariko mu madosiye ye hakabamo n’iyarebaga u Rwanda kub...
Amahanga ararebera ikibazo gikomeye kiri ku Birabura Tunisia yanze kwakira ku butaka bwayo, ikabashyira ku bundi butagira nyirabwo aho bari kwicirwa n’inzara. Abo birabura baratakambira amahanga kubat...









