Politiki y’Ubwongereza igiye kugira isura nshya nyuma y’uko ishyaka rya Minisitiri w’Intebe Rishi Sunak ritakaje imyanya mu Nteko ishinga amategeko, ahubwo bakiganza iy’irindi shyaka rikomeye ry’abako...
Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryabwiye abacamanza b’Urukiko rukuru rw’Ubwongereza ko riri kwegeranya ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa 2024 bigaragaza ko ...
Mu bice by’Ubutayu bwa Sahara bwo muri Mauritania, Morocco na Tunisia hari Abirabura bahajugunywe n’abayobozi b’ibi bihugu nyuma y’uko bafashwe bashaka kujya mu Burayi. Ikinyamakuru Der Spiegel cyo mu...
Mu ruzinduko Perezida Paul Kagame ari mo mu Bwongereza yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu Rishi Sunak ku idosiye ikomeye irebana n’ishyirwamubikorwa ry’amasezerano yo kohereza abimukira m...
Amakuru aravuga ko hari abimukira 100 bamaze gutoranywa n’abayobozi b’Ubwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Mata, 2024 mu gihe nta gihindutse. Ni ibyatangajwe n’urubuga rusanzwe rutangaza ku Rwanda i...
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5. M...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyiraho urukiko rwo kumva ibirego by’abimukira n’impunzi bazaba bari mu Rwanda. Ni urukiko ruzaba rufite umucamanza mukuru w’Umunyarwanda uzafatanya na mugenzi we wo mu ...
Uramutse ushingiye ku byavuzwe na Michael Tomlinson, Minisitiri mu Bwongereza ufite mu nshingano abinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko wakwemeza ko igisubizo ari Yego. Uyu yashimangiye ko i...
Perezida Kagame yavuze ko nibiba ngombwa u Rwanda ruzasubiza Ubwongereza amafaranga yarwo niba abimukira bwari bwariyemeje kuzohereza mu Rwanda bataje. Kagame avuga ko u Rwanda rwakoze ibyo rusabwa ar...









