Umunyamideli w’icyamamare uri mu bakomeye kurusha ahandi, Kim Kardashian, yamaganye ibyo gufata no kwirukana abimukira batagira ibyangombwa muri Los Angeles biri gukorwa n’urwego rushinzwe abinjira n’...
Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Imwe mu ngingo yari imaze iminsi ivugwa ariko u Rwanda rutaragira icyo ruyitangazaho ni ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika mu kwakira abimukira Washington izoherereza u Rwanda ibintu byose nibicamo. Us...
Kubera impamvu u Rwanda ruvuga ko zishingiye k’ukutubahiriza amasezerano rwagiranye n’Ubwongereza, rwatangiye kubwishyuza Miliyari Frw 89 zingana n’amafaranga y’amapawundi Miliyoni 50. Kigali ifashe i...
Mu kurahira kwe Perezida w’Amerika Donald Trump, yiyemeje ko kwirukana abimukira bari muri Amerika badafite ibyangombwa byo kuhaba biri mu byihutirwa. Trump yarahiriye mu nzu kubera ubukonje bwi...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri mushya w’Intebe mu Bwongereza witwa Sir. Keir Starmer. Ni ibiganiro byabereye mu Bufaransa aho bombi bagiye kwitabira itangizwa ry’imikino Olempiki ryabay...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu Yvetter Copper ashima u Rwanda ku bufatanye bwarwo n’Ubwongereza mu gukemura ikibazo cy’abimukira, akavuga ko intandaro yo kuba gahun...
Alain Mukuralinda uvugira Guverinoma y’u Rwanda nk’Umuvugizi wungirije avuga ko mu masezerano rwagiranye n’Ubwongereza ku mafaranga yo kwita ku bimukira nta hateganyijwe ko azasubizwa abayatanze ibyem...
Minisitiri W’Intebe mushya w’Ubwongereza witwa Keir Starmer yatangaje ko ahagaritse iby’amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yari yarasinywe hagati y’ibihugu byombi. Nyu...









