Uhagarariye u Rwanda wungirije mu Muryango w’Abibumbye witwa Robert Kayinamura yabwiye abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ko iyo umugore ashyizwe ku isonga mu bikorwa byo...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaraye abwiye abatuye Isi ko umwaka wa 2022 uzata intangiriro zo gucika ku isi kw’icyorezo COVID-...
Itsinda ry’Abanyarwanda 140 baba mu gace ka Tongogara kubatswemo inkambi y’impunzi batangaje ko badashobora kwemera gutahuka mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu bambuwe uburenganzira bwo kwitwa impunzi. Ba...
Imibare itangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe amahoro ku isi, ivuga ko kugeza ubu abagore cyangwa abakobwa bari mu kazi ko kugarura amahoro hirya no hino ku isi bangana na 6.6%. Uko bi...
Ni ubwa mbere mu mateka abantu banduye ibicurane by’ibiguruka. Aya makuru ateye ubwoba yatangajwe bwa mbere mu Burusiya aho abakozi barindwi bo mu kigo cyorora inkoko bapimwe basanganwa Virus yitwa H5...




