Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu ryatangaje ko rihangayikishijwe n’ubwicanyi buri kubera muri Senegal. Kuva imidugararo yatangira mu ntangiriro za Kamena, abantu 16 ba...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana bariraho...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko imbasa yongeye kuba ikibazo ku buzima bw’abana b’u Burundi. Iby’uko iyi ndwara imugaza cyangwa ikica umwana yafashe yabaye ikibazo...
Umufaransa Nicolas de Rivière uyoboye itsinda ryoherejwe muri DRC n’abagize Akanana k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ngo rirebe uko ibintu byifashe, yasabye aka kanama kongerera MONU...
Abahanga b’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bagiye guterana bemeranye uko isi ikwiye kwifata ku cyorezo COVID-19 kimaze iminsi cyubuye umutwe mu Bushinwa. U Bushinwa bumaze iminsi buf...
Guverinoma y’u Rwanda yamaze kwemeranya n’Umuryango w’Abibumbye ko mu Rwanda hazubakwa icyicaro cyawo kizakoreramo imiryango yose iwushamikiyeho. Ni imwe mu ngingo zagarutsweho mu biganiro byahurije h...
Perezida William Ruto na mugenzi we wa Tanzania Samia Suluhu Hassan biyemeje gukuraho imwe mu misoro ku bicuruzwa by’ingenzi abatuye ibi bihugu bari bakenera. Ruto aherutse gutangaza ko abayobozi mu g...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye isi ko ibibazo biri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bishobora gukemuka binyuze mu bushake n’ubufatanye bw’ibihugu birebwa nabyo. Yakomoje no ku miterere y’ibi...
Abapolisi 240 bagize itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari muri Sudani y’Epfo baraye bashimiwe imikorere iboneye, bambikwa imidari na bamwe mu bayobozi bakuru mu Muryango w’Abibumbye. Kubashimira imiko...
Itsinda ryaturutse mu Muryango w’Abibumbye riri mu Rwanda mu bikorwa birimo no gusura Polisi y’u Rwanda rikareba uko itegura abapolisi izohereza kugarura amahoro ahandi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya ...









