Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Gukererwa inama mu Rwanda bisa n’aho ari ibisanzwe, kandi si umwihariko w’aho gusa nk’uko abatembera hirya no hino muri Afurika babivuga. Igitangaje ariko ni uko no mu Bazungu( aha turavuga abo mu Bur...
Kuva yahagarikwa ubu hashize imyaka 30, nibwo bwa mbere Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yibutswe n’abakora ku cyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bakorera i Brussels mu Bubiligi. Ku w...
Perezida Kagame yageze Addis Ababa muri Ethiopia aho azahurira na bagenzi be bazitabira Inama y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe izaterana guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024. Ni in...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika...
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bivuga ko byishimiye icyemezo cy’Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi cy’uko uyu Muryango ugiye kujya utera inkunga ibikorwa by’Umuryango w’Afuri...
Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ku bandi ijambo kuri uyu...
Ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryasabye abayoboke baryo n’Abarundi muri rusange ko bagomba kwitegura kuza kwakirana ubwuzu Madamu Angeline Ndayishimiye Umufasha wa Perezida w’Uburun...
Raporo y’Umuryango w’abibumbye ivuga ko mu myaka icumi yakorewemo ubushakashatsi, ibisubizo byarekanye ko guhera mu mwaka wa 2011 kugeza mu mwaka wa 2021 umubare w’abakoresha ibiyobyabwenge wavuye ku ...









