Mu kiganiro n’ abayobozi bakuru bari bamaze iminsi ibiri mu mwiherero, Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo bagere ku byo biyemeje ari ngombwa ko bagira imbaraga zo gukora ibikwiye kandi ba...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano snhya, Perezida Kagame yongeye kwibutsa abayobozi muri rusange ko gukorera hamwe ari byo bigeza abaturage ku mibereho myiza. Iri ...
Abanyamakuru bari bamaze igihe binubira ko hari abayobozi mu nzego z’ibanze banga kubaha amakuru kuko ngo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yabibahayeho umurongo w’uko amakuru areba Akarere atangwa n...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...
Ubwo yarangizaga Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19, Perezida Kagame yongeye gusaba ko abayobozi ba baringa bavanwa mu nshingano. Yasabye abayobozi kumenya ko akazi bak...
Perezida Kagame yavuze ko abantu aho bava bakagera bakunda kandi bakwiye amahoro. Ku Rwanda ho ngo ni umwihariko kuko rwigeze kuyabura bikomeye. Icyakora avuga ko amahoro akorerwa uyakeneye akamenya k...
Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, h...
Jean Claude Musabyimana uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yabwiye abayobozi bamaze iminsi bahugurirwa i Nkumba nyuma yo gutorerwa kuzuza Inama Njyanama z’Uturere dutandukanye ko ubumwe bw’Aba...
Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak. Abandi bagan...
Ubuyobozi bw’Ihuriro rirwanya ruswa no gusesagura umutungo w’igihugu mu Burundi OLUCOME busaba Leta gushyiraho Urukiko rwihariye rukurikirana abayobozi bakuru bashaka gutegeka igihugu nk’umutungo wabo...









