Ibintu bikomeje kuzamba ku muraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West. Umwe mu bahoze ari abakozi be avuga ko mu mwaka wa 2018 uyu mugabo yigeze kubakoresha inama ababwira ko burya Adolf Hitler yari umu...
Forbes Magazine yanditse ko umuraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West atakibarizwa mu baherwe batunze Miliyari y’Amadolari y’Amerika kubera ko ibigo byakoranaga nawe byahagaritse imikoranire. Ngo amaz...
Byemejwe ko umukire wa mbere ku isi Elon Musk yaguze urubuga rwa Twitter kuri Miliyari $44. Yahise yirukana benshi mu bakozi bayo, bityo abantu bagira impungenge ko yaba agiye kuzana indi mikorere mis...
Impera z’Icyumweru gishize zirangiye Kanye West adashobora gucisha ubutumwa kuri Twitter no kuri Instagram kubera ko abaziyobora bamufungiye ngo atazikoresha bamuziza inyandiko bivugwa ko zibasira Aba...
Buri muryango mugari w’abantu cyane cyane abagize amateka maremare kandi yashishikaje isi yo mu gihe cyabo, ugira imigenzo n’imihango ndetse n’imiziririzo. Mu Rwanda ho ni myinshi k’uburyo Musenyeri A...
Minisitiri w’Intebe Naphtali Bennet na Perezida Isaac Herzog bavuga ko Jenoside yakorewe Abayahudi ari cyo cyaha gikomeye cyakozwe mu isi kandi cyatangiye gutegurwa guhera mu myaka 3500 ishize. Abayah...
Umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abayahudi David Frankel watanze ubuhamya bw’ibyamubayeho yavuze ko ibyababayeho muri kiriya gihe byari bibabaje cyane. Ubutumwa bwe bwibanze ku byago we na bagenzi ...
Kuri uyu wa Kane nibwo Abanyarwanda bifatanyije n’Ambasade ya Israel mu Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi ikozwe n’Abanazi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose. Umuhango wo kubibu...
Saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Nyakanga, 2021 nibwo Isaac Herzog yarahiriye kuyobora Israel nka Perezida wayo. Ni Perezida wa 11 wa Israel, usimbuye R...
Perezida Emmanuel Macron avuga ko muri iki gihe mu gihugu cye hari abantu benshi barangije kumva ko batandukanye n’abandi, ko ari bo bantu nyabo. Ibi, kuri we, birahangayikishije. Ni mu kiganiro yahay...









