Umupadiri w’imyaka 40 usanzwe uyobora Ikigo cy’amashuri cyo ku Mayaga kitwa EAV Mayaga ndetse n’Umwarimu ukigishaho w’imyaka 47 baherutse gufatwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rubakurikiranyeho ingengabit...
Ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu ndege nini kitwa RwandAir yatangaje ko kibaye gihagaritse ingendo zose cyakoreraga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Hagati aho n’amakuru avuga ko ub...
Igitabo ‘ Ntukemere Gupfa’ cyanditswe na Dimitrie Sissi Mukanyiligira. Ni umubyeyi w’imyaka 50 y’amavuko. Mu gitabo cye harimo ubuhamya bw’uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akabaho nabi ariko...
Itangazo ubwanditsi bwa Taarifa bucyesha Umujyi wa Kigali rivuga ko kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 2022 ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro hazashyingurwa imibiri 9000 y’Abatutsi baziz...
Ni bimwe mubyo Umuyobozi w’Ikigo MAGERWA yaraye abwiye abari baje kwibuka abahoze ari abakozi b’iki kigo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mohd Yassin Bin Kabir asanga kugira ngo u Rwanda...
Imiryango 15 itari iya Leta kuri uyu wa Gatatu taliki 18, Gicurasi, 2022 yandikiye Umuryango w’Abibumbye iwusaba gukoma mu nkokora ibiri kubera muri Ethiopia ifata nk’ibimenyetso bikomeye bibanziriza ...
Umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda uhagarariye imiryango y’abahoze ari abakozi ba Perefegitura y’Umujyi wa Kigali witwa Assia Kagitare avuga ko Inkotanyi zahagaritse Jenoside zakoz...
Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda Tito Rutaremara mu nyandiko yacishije kuri Twitter nk’uko asigaye abigenza iyo ashaka ko abahamukurikira bamenya ibyo yabonye mu buzima bwe bwa Politiki, yagaruts...
Mu Murenge wa Kinazi ahitwa ku Mayaga mu Karere ka Ruhango kuri uyu wa 24, Mata, 2022 habereye umuhango wo kwibuka Abatutsi bahiciwe muri Jenoside yabakorewe ariko banashyingura imibiri 65 yari iherut...
Mu rwego rwo kugira ngo hatazagira Umututsi n’umwe urokoka ngo hazagire abamubona, abakoze Jenoside bishe n’abana b’Abatutsi. Muri bo hari abiciwe ahitwa i Sovu mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwa...









