Iyi Banki ivuga ko hagati ya Mutarama na Werurwe 2025 yungutse miliyari 5,4 Frw nyuma yo kwishyura imisoro kandi ko inyungu yabonye mu mezi atatu ya mbere ya 2025 yazamutseho 14% ugereranyije n’igihe...
Mu Mirenge ya Karangazi na Nyagatare mu Karere ka Nyagatare haravugwa amakenga y’abaturage basigaye birinda kurya Burushete banga ko bagaburirwa iz’imbwa. Ubwo bwoba babushingira ku makuru...
Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Abantu bari bari mu Kiliziya basenga batunguwe ubwo umusirikare yinjiraga akabarasa akicamo batatu. Byabereye muri Kiliziya iri ahitwa Banana muri Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare ya...
Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...
Mamadi Doumbouya uyobora Guinea Conakry yaraye ageze mu Rwanda bwije, ahitira muri Hotel Kigali Marriot aho yari atererejwe n’abaturage be baba muy Rwanda bamwakirana ubwuzu. Amashusho ye ubwo yahager...
Mulindwa Prosper uyobora Akarere ka Rubavu yabwiye abagizweho ingaruka n’ibiza bikabirokoka ko bakwiye kubikuramo isomo, bakazirika ibisenge kandi inkunga bahawe na Croix Rouge y’u Rwanda ntibazayigur...
Umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Félix Namuhoranye ubwo yaganirizaga abahoze ari Abarembetsi bo mu Murenge wa Cyanika bibumbiye muri Koperative ‘Twiheshe Agaciro Cyanika’ yabemereye inkunga ya Miliyoni ...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...









