Amakuru aturuka Bamako muri Mali avuga mu ijoro ryo ku wa 11 rishyira 12, Gicurasi, 2022 hari abasirikare bashatse guhirika ubutegetsi muri Mali ariko biburizwamo. Itangazo ryaraye risohowe n’abakora ...
Taarifa ifite urutonde rw’abantu bavuga ko bakoze ku muhanda Perezida Kagame yemereye abaturage bo muri Karongi mu Murenge wa Rugabano kugira ngo ujye ubafasha mu guhahirana ariko rwiyemezamirimo witw...
Imwe muri Banki zikomeye zo muri Kenya no mu Karere k’Ibiyaga bigari by’Afurika yitwa Kenya Commercial Bank muri iki gihe yaguze imigabane hafi ya yose ya Banki y’Abaturage y’u Rwanda. Icyakora hari b...
Abaturage basanzwe bafite ibyanya bacururizamo mu isoko riri i Rubavu ahitwa Mbugangari mu Murenge wa Gisenyi baraye bakoze ‘igisa’ n’imyigaragambyo bamagana ubuyobozi bw’aka...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bar...
Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye. Yabivugiye mu ruzind...
Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abaturiye ikiraro gisanzwe gihuza Umurenge wa Rugalika n’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baherutse guhuza amaboko batinda ikiraro cyari giherutse gusenywa n’i...
Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Gishubi mu Karere ka Gisagara baraye bacumbikiwe n’abaturanyi babo nyuma y’uko ibisenge by’inzu zabo zisakambuwe n’umuyaga mwinshi wahereje imvura irimo amahindu yaraye...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo bimurwaga ngo hubakwe um...
Kimwe mu bigo nderabuzima buri mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana cyahawe amazi meza nyuma y’igihe kinini gikoresha amazi y’imvura nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’umusigire w’uyu mu...









