Abagize Komisiyo y’Imiyoborere mu Muryango FPR Inkotanyi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali bakoranye inama bemeranya ko mu ntangiriro za Kanama, 2022 hagiye gutangizwa gahunda yo kwegera abatuye amasibo yo...
Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Bushekeri hari abaturage batakamba basaba ko Ikigo cy’Ingufu, Rwanda Energy Group, kigabije amasambu yabo kiyubakamo ibikorwa remezo batabimenyeshejwe. Babwiye bag...
Mu Karere ka Muhanga hari inkuru ivuga ko abaturage bUbakiwe isoko banga kurirema. Iki ni kimwe mu byerekana ko umuturage w’u Rwanda yagombye kujya abanza kugishwa inama ku bimugenewe kugira ngo azaby...
Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe Ibitaro bikuru. Indi mb...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. Hashize amasah...
Mu Karere ka Rutsiro havugwa amakuru y’abaturage bataramenyakana biyoroshe ijoro batema urutoki rw’umuyobozi ushinzwe umutekano, we abimenya bwacyeye. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivumu...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere n’imibereho myiza y’abaturage ryatangaje ko hasigaye amezi ane kugira ngo abatuye isi bagere kuri Miliyari 8. Ni imibare yerekana ko muri iki gihe...
Gotabaya Rajapaksa wayoboraga Sri Lanka yahunze abaturage bashakaga kumusanga mu Biro bye ngo bamukorere ibya mfura mbi. Baramushinja gushyira igihugu mu byago by’umwenda munini watumye baremererwa n’...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugaruka ku kamaro k’ubufatanye bw’Abanyarwanda mu guteza imbere igihugu cyabo. Hari mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umudugudu watujwemo imiryango 4...
Kuri uyu wa Mbere ku munsi wo kubohora u Rwanda Perezida Kagame azaha ikiganiro Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Kubera ko ari umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, Perezida Kagame azabifuriza...









