Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera COVID-19. Abaturage bo mu...
Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo ahubwo barar...
Kubera ko Abanyarwanda benshi bakunda inzoga, buri wese anywa iyo ashoboye kugura cyangwa akayivumba. Abadashobora kugura inzoga ariko bafite urutoki, bahita kwenga bike bafite, umutobe bakawuvanga n’...
Imibare iherutse gutangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO, ivuga ko muri rusange icyizere cyo kuramba mu batuye Afurika cyazamutseho imyaka icyenda. Kugeza ubu Umunyarw...
Umuvugizi w’abateguraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Raila Odinga bavuga ko ubu hashyizweho itsinda ryo kwiga ikiri bukurikireho nyuma y’uko Komisiyo y’Amatora itangaje ko William Ruto ari we wabaye ...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare Youssuf Murangwa niwe wagiye kubarura mu rugo rwa Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Kanama, 2022 nibwo hatan...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe bakajya mu cya Gatatu. Minisitiri w...
N’ubwo hari abavuga ko ikibazo cya Paul Rusesabagina n’ibimaze iminsi bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 bishobora kuzana umwuka mubi hagati ya Kigali na Washington, iyo urebye ishingiro ry’umubano haga...
Mu masaha ya kare cyane kuri uyu wa Kabiri Taliki 09, Kanama, 2022 abaturage ba Kenya bazindutse mu ruturuturu bajya gutora uzabayobora muri Manda y’imyaka itamu. Imibare ya Komisiyo y’igihugu c...
Mu Murenge wa Juru uri mu Karere ka Bugesera abaturage bavuga ko hari umwe muri bo bakubiswe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge none izo nkoni zamuviriyemo urupfu. Uwapfuye yitwa Olivier Ha...









