Abavuga rikijyana bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo basabye Minisitiri w’ingabo witwa Guy Kabombo Muadiamvita kohereza abasirikare benshi muri iriya Ntara, bakavuga ko bikwiye kuko hatazakomeza kugenzur...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, k’ubufatanye na RIB n’izindi nzego zishinzwe umutekano, cyatangije uburyo bwo kuburira abakiliya ku batekamutswe biswe Airtel S...
Mu Karere ka Nyamagabe hari abayobozi basabwe kwegura barabyanga, abavugwaho ibyo ni Umuyobozi w’Ishami ry’Imiyoborere n’Umuyobozi mu biro by’Inama Njyanama. Icyakora hari abandi babyumvise barabyumva...
Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire y...
Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafashe abantu batanu bacukura amabuye y’agaciro mu buryo hutemewe mu mirima y’abaturage. Bafatiwe mu Murenge wa Nduba, Akagari ka S...
Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi b...
Abarobyi 200 muri 234 bari baherutse gufatwa na Polisi ya Angola irinda imipaka ikora ku mazi baraye barekuwe. Bafashwe Tariki 25, Nyakanga, 2025 baroba amazi ari ahitwa Kimuabi muri Teritwari ya Moan...
Abakiri bato m Burundi bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise Boost kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Uretse abana bafite guhera ku myaka 16, iki kiyobyabwenge kiri no mu bakuru. Muri abo b...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Minisitiri w’Intebe wa Niger witwa Ali Mahaman Lamine Zeine baganira uko Kigali na Niamey byakorana mu ngeri zitandu...
Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...









