Mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Kirengeli harasiwe abantu babiri barapfa. Bivugwa ko bari bamwe mu bagizi ba nabi bategaga abaturage bakabambura ibyabo. Mu minsi ishize hari umupolisikazi bahatemeye...
K’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Taliki 30, Kanama, 2022 nibwo ku mupaka munini uhuza Goma na Gisenyi hageze Abanyarwanda batandatu barimo n’uruhinja bari baherutse gufatirwa muri Repubulika ya Demu...
Nyuma yo kubona ko abaturage bari baramararije kujya kwihorera bakoresheje imihoro n’inkota, ikabasaba kubigendamo gake ariko bakanga, Polisi ya Madagascar yafashe umwanzuro wo kubarasa yicamo abantu...
Mu ijambo yabwiye abaturage bari baje kumwakirira ku kibuga kiri hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamasheke, Perezida Kagame yabasabye ko batagombye kujya batinya kuvuga ababaka ruswa kuko ngo buryo iyo b...
Amarira ni menshi mu baturage ba Pakistan kubera kubura ababo 900 bishwe n’imyuzure yatewe n’imvura idasanzwe yakoye mu bice bitandukanye by’iki gihugu gituranye n’u Buhinde. Ikigo cya Pakistan gishi...
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Kagame amaze gukorera mu Ntara y’Amajyepfo abaturage bamwakiranye ubwuzu bamwereka ko bari bamukumbuye. Ni mu gihe kuko yahaherukaga ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa...
Mu Murenge wa Gasaka hari umukecuru uvugwaho kugira imyaka 110 y’amavuko witwa Rachel Nyiramandwa yakiriye iwe Perezida Kagame. Kagame yamusuye mu ruzinduko afite muri kariya Karere. Yabikoze mbere ga...
Ahitwa Nyagisenyi hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe, abaturage bariraye ku kababa ngo bakire Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Ntara y’Amajyepfo. Ni Akarere ka Gatatu asuye kuko yahereye mu ...
Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...









