Kubera kutamenya ibibazo bikwiye kugezwa ku Rwego rw’Umuvunyi n’ibigezwa ku buyobozi bw’ibanze, abatuye Imirenge y’Akarere ka Muhanga bagana Umuvunyi cyane kurusha ubuyobozi. Ikindi kandi iki ki...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zongeye kurasana n’abarwanyi ba M23. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa 07, Werurwe, 2023, abarwanyi ba M23 bar...
Abanyarwanda bakunda inturusu kuko ari igiti bakuze bazi kandi cyabagiriye akamaro kanini. N’ubwo ari uko bimeze, Minisiteri y’ibidukikije yo ivuga ko inturusu ari igiti kibi ku bindi bimera kubera ko...
Mu Mujyi wa Kigali habereye inama yateguwe n’Ikigo nyafurika kirwanya indwara z’ibyorezo, Africa CDC, yatangirijwemo uburyo bwo kubika no guhanahana amakuru k’ubuzima bw’abatuye Afurika binyuze mu iko...
Mu buryo budaciye ku ruhande, umuyobozi w’ingabo za DRC zigize icyo bita 31e région militaire witwa Général de Brigade Timothée Mujinga yabwiye Umudepite mu Ntara ya Tshopo ko ingabo za Kenya zatang...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwabwiye itangazamakuru ko hari postes de santé eshatu zidakora kuko ba rwiyemezamirimo bazitaye zituzuye. Buvuga ko byatewe n’uko RSSB itishyuye abo ba rwiyemezamiri...
Imibare y’agateganyo yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Gashyantare, 2023 igaragaza ko Abanyarwanda bose ari abantu 13 246 394. Ku rubuga rw’ikigo cy’igihugu cy’i...
Ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati ya Polisi n’abaturage ari ingenzi kugira ngo Polisi igere ku ntego zayo n’abaturage ...
Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Ba Gitifu b’utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke babwiye ubuyobozi bw’aka karere bakoreramo ko ubwo bahawe moto, bagiye kurushaho kwegera abaturage. Bazihawe mu rwego rwo kubunganira mu kuzuza inshi...









