Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze. Itangazo ryasohowe n’Ib...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere y’uko i...
Mu Cyumweru kimwe, abantu 600,000 bahunze Sudani kubera intambara ihamaze hafi ukwezi. Ni umubare munini kubera ko mbere yawo, abantu 100, 000 bonyine nibo bari baramaze guhunga. Byerekana ko niba int...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro. Avuga ko kumvira h...
Ibiribwa, ibyo kuryamira, amavuta n’ibindi bikoresho by’ibanze byamaze guhabwa imiryango yaburiye ababo mu biza byibasiye ibice by’u Rwanda byiganjemo Uburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo by’u Rwa...
Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu 3,500 kandi bayikomerekeye mo. Iki...
Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo, Ikigo gishinz...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyob...
Abaturage bafite ababo bagwiriwe n’ikirombe mu Karere ka Huye babwiye itangazamakuru ko bababazwa n’uko bari kubuzwa kwegera aho bari gucukura ngo bakuremo imibiri ya bariya bantu. Barasaba Leta kubas...









