Inyeshyamba za ADF zikomeje kubera ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ihwa mu kirenge. Nta gihe kinini gishira zitishe abaturage mu bice bitandukanye by’iki gihugu. Nk’ubu imibare itanga...
Abaturage 170 bo mu Midugudu itanu igize Umujyi wa Bangassou bahawe imiti n’abapolisi b’u Rwanda basanzwe bakorera muri Centrafrique. Abapolisi b’u Rwanda bakoreye bariya baturage kiriya gikorwa mu r...
Abaturage ba Israel baramukiye ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu riri i Yeruzalemu bamusaba guhagarika imyitwarire ye kubera ko iri kurakaza Amerika. Bavuga ko ibyo akora b...
Syverien Twagirayezu atuye mu Mudugudu wa Mihigo, Akagari ka Nyabisaga, Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara. Croix Rouge y’u Rwanda yamworoje inka, irabyara imuha n’ifumbire. We na bagenzi be bo...
Mu Kirere cya Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari ikirunga kitwa Nyamuragira kiri kwerekana ibimenyetso by’uko gishobora kuruka mu gihe gito kiri imbere. Guhera kuwa Gatanu...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buvuga ko imwe mu mpamvu zikomeye zitera impanuka zo mu muhanda ari imyumvire idahwitse igirwa na bamwe mu bakoresha umuhanda. Abakoresha umuhanda ni abantu bose bawuge...
Guhera ku wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 bamwe mu baturage batangiye kwigaragambya bamagara manda ya gatatu bavuga ko Perezida w’igihugu cyabo Macky Sall ashaka kwiyamamariza. Baramagana Macky S...
Abahanga bavuga ko kugira ngo politiki yo gukumira no kurwanya ibiza izatange umusaruro mu buryo burambye, ari ngombwa ko Politiki yo kurengera ibidukikije ndetse n’iyo gukumira ibiza zisobanurirwa ab...
Imibare ituruka Ouagadougou ivuga ko abarwanyi bishe abantu 33 babasanze mu murima. Burkina Faso iri mu bihugu byibasiwe n’abarwanyi bakora iterabwoba. Mu Ntara 13 zikigize, icyenda zashyizwe mu bihe ...
Imibare mishya yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 13, Gicurasi, 2023 na Minisitiri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaraza ko ku bantu 131 bari baratangajwe ko ari bahitanywe n’ibiza, hiyonger...








