Abayobozi bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi bamaganye amashusho bise ko ari ay’agashinyaguro yatangajwe na Hamas yerekana bamwe mu mbohe yatwaye bunyago ‘barazingamye kubera inzara’. Ayo mashus...
Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania yatashye icyanya cy’inganda gifite agaciro ka Miliyoni $110, asaba abazagikoreramo kwimakaza ubuziranenge. Iki cyanya cyagutse kitwa East Africa Commercial and Log...
Polisi ikorera muri Gicumbi mu Murenge wa Cyumba k’ubufatanye n’izindi nzego yafashe abagabo batanu bakekwaho guhungabanya umutekano by’ubujura, ubwambuzi n’urugomo bikorerwa mu gasanteri ...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dominique Habimana avuga ko kuzirikana agaciro k’ubuvandimwe kagaragaraga mu muhango w’Umuganura hambere, n’ubu ari kimwe mubyo Ubumwe ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, Programme Alimentaire Mondial, rivuga ko rwose inzara iri mu batuye Gaza bahunze intambara, ikomeye ku buryo ibiribwa biherutse kumanurwa ...
Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abantu 43 zibasanze ahitwa Komanda mu Ntara ya Ituri. Itangazamakuru ryo muri DRC rivuga ko abenshi muribo bicishijwe intwaro gakondo, ubwo bari ahantu basenga. Ab...
Kare kare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, abantu batandatu bo mu Murenge wa Miyove muri Gicumbi bafashwe na Polisi ibasanze bacukura zahabu mu buryo ivuga ko budakurikije amategeko. Abo bantu bafatan...
Guverinoma ifite igishushanyo mbonera cyerekana uko imijyi cyane cyane uwa Kigali izaba ikoze mu buryo butabangamira ibidukikije, ikaba gahunda yo mu mwaka wa 2024 kugeza mu wa 2029. Iyo Politiki bise...
Saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Nyakanga, 2025 umugore yafatanywe ibilo bibiri by’urumogi n’umunzani yakoreshaga apimira abakiliya nk’uko Polisi ibyemeza. Yafatiwe mu Mudugudu wa Bure...
Guverinoma y’u Rwanda yahawe Miliyoni € 173.84 yo gushora mu bikorwa byo kugeza hirya no hino amashanyarazi akomoka ku ngufu zitangiza ibidukikije. Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda usanga arenga Mili...









