Nicyo gisubizo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana yaraye atanze ubwo bamubazaga impamvu abari bagize Inama Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro begujwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gata...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko ababituye bagira. Yabivugiye ...
Imirimo yo kubaka ibiraro byangijwe n’amazi ava mu birunga igeze ku kigero kiri hejuru ya 90%. Ibi biraro biri mu Mirenge ya Nkotsi na Shingiro mu Karere ka Musanze. Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bu...
Abaturage bo mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Kitazigurwa babwiye Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Espérance Nyirasafari na Hon Evode Uwizeyimana ko biyogazi zabo zumwe. Bavuga ko kubona icyo uteker...
Abasenateri bose batangiye ingendo mu turere twose tw’u Rwanda mu rwego rwo kureba uko muri rusange abaturage babayeho. Ni uturere tw’Intara zose n’Umujyi wa Kigali, bakazibanda k’ugusuzuma imiterere ...
Ubuyobozi bwa Philippines( ni igihugu kiri mu bikikijwe n’ibirunga byinshi kandi biruka)bwaraye bwimura abaturage benshi mu rwego rwo kubahungisha ikirunga cyatangiye kuzamura amahindure. Iki kirunga...
Faustin-Archange Touadéra uyobora Repubulika ya Centrafrique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame baganira ku ngingo zirimo uko ibihugu byombi byakomeza guko...
Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari ko, muri rusange, gafite abatura...
WASAC yamenyesheje abatuye imirenge imwe n’imwe y’Umujyi wa Kigali n’indi yo mu Karere ka Kamonyi ko kuva tariki ya 8 -22 Kamena, 2023 hazaba ibura ry’amazi. Bikubiye mu itangazo WASAC yasohoye rivu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo gusuzuma ubukana ibiza byangije ibikorwaremezo byari bifite, yasanze hazakenerwa Miliyari Frw 296 zo kubisana mu buryo burambye. Kugeza ubu kwita ku batura...









