Pasiteri Etienne Nsanzimana uyobora itorero rya Brothers Church rikorera mu Kagari ka Buhungwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu avuga ko mu nyigisho batanga harimo n’izifasha abaturag...
Mu mvugo yeruye, Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 ko abakanga Abanyarwanda ko bazabahungabanyiriza umutekano bibeshya. Yongey...
Abakozi bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe ubuzima, RBC, bavuga ko indwara zirengagijwe ari ikibazo kiri mu Banyarwanda benshi. Ni ikibazo gikomeye cyane cyane ku byerekeye indwara y’inzoka. Abanyarwan...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) kivuga ko abantu bakwiye kubungabunga ubuziranenge bw’inyama. Gisaba abantu kumenya ko inyama zu...
Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, h...
Ambasade y’Amerika mu Rwanda yasohoye itangazo riburira abaturage b’iki gihugu kugira amakenga kubera ifungwa ry’umupaka w’Uburundi n’u Rwanda ryaraye rikozwe n’ubutegetsi bw’Uburundi. Iri tangazo rya...
Nyuma y’uko abaturage baturiye amazi y’amashyuza basabye ko habaho uburyo bwo kuyarinda kuko hari abayagwamo cyane cyane abana, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita umutungo kamere w’amazi, Rwanda Water B...
Mu rwego rwo koroshya ubuhahirane hagati y’abatuye imirenge itandatu mu mirenge 13 igize Akarere ka Rutsiro, hagiye kubakwa umuhanda ufite ibice bimwe bya kaburimbo yoroheje n’ikindi cy’ig...
Uru ruganda ruherereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara. Rwatangiye gutanga amashanyarazi mu mwaka wa 2021, icyo gihe intego ikaba yari iy’uko ruzatanga hagati ya megawati 40 na megawati 80. ...
Mu ijambo aherutse kugeza ku Banyarwanda ubwo yabifurizaga kurangiza neza umwaka wa 2023 bakazakomereza no mu mwaka wa 2024, Perezida Kagame yababwiye ko kubarindira umutekano ari ingenzi kandi azabih...









