Ahagana saa kenda z’amanywa kuri uyu wa Kane taliki 15, Gashyantare, 2024 mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke inkuba yakubise abantu batandatu bari bagiye gusengera ahitwa Buzinganjwiri bane barap...
Inkuba yaraye ikubitiye abantu batatu muri Gisagara bari bahinga bahita bajyanwa kwa muganga, nyuma umwe agwayo. Byabereye mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kibilizi, Akagari ka Ruturo, Umudugudu wa ...
Byemezwa na bamwe mu bagabo bo mu Kagari ka Akabungo, Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda. Babwiye itangazamakuru ko inkoni bakubitwa n’abagore babo ari zo zituma bahun...
Mu Mudugudu umwe wo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batatu bapfuye by’amarabira, bikavugwa ko bashobora kuba bararozwe. Babiri muri bo bakomoka mu mur...
Umugabo wo mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare ku Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka itatu. Abaturage babwiye itangaza...
Mu burakari bwinshi, abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo batwitse ibendera rya Amerika. Bayishinjaga ko ari iyo ifasha u Rwanda na Uganda gutera DRC, bakavuga ko batwitse iri bendera kugira...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza avuga ko abapolisi bari mu bantu ba mbere bakwiye kubazwa uko basohoza inshingano zabo kuko izo nshingano zireba umutekano ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko...
Polisi y’u Rwanda yabwiye Taarifa ko impanuka y’ubwato yabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ikabera mu kiyaga cya Mugesera ku ruhande rw’ Umurenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana yahitanye aban...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Cyanika mu Karere ka Burera babwiye Taarifa ko nyuma yo guhugurwa n’abayobozi mu nzego zitandukanye, baretse gufumbiza ifumbire y’umusarane w’abantu. Ni ifumbure bavuga ko ...









