Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rutikanga yavuze ko mu myaka ya za 2005, abenshi mu Banyarwanda bari batunze imbunda kandi ari abasivili bari abacuruzi....
Abaturage bo mu muri umwe mu midugudu yo mu Birwa bya Papua New Guinea bazindukiye mu marira nyuma y’uko inkangu ihitanye abantu 100. Ni abo mu Mudugudu witwa Kaokalam mu Ntara ya Enga mu Bilometero 6...
Ahitwa Katana muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo haraye habereye imirwano hagati y’abasirikare n’abasivili igwamo abantu barindwi. Intandaro ni ugutongana hagati y’umubyeyi w’umukobwa wate...
*Icyonderwa: Amafoto muri iyi nkuru ashobora kugira abo abangamira! Iyi nkuru igendanye n’umutekano iri mu ziriwe zivugwa guhera kuri uyu wa Gatandatu n’ubu ikaba ikiri mu makuru. Ni iy’imbogo zirind...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 18 , Gicurasi, 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko abaturage icyenda bakomerekejwe n’imbogo zirindwi zatorotse Pariki y’Ibirunga. Byabereye mu Murenge wa Gahunga n’uwa Rugar...
Dukuzumuremyi Anne Marie ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rusizi ashima ko ubu imirenge yose y’aka Karere ifite ikigo nderabuzima ndetse n’utugari bikaba uko. Umuren...
Mu Murenge wa Ngamba mu Karere ka Kamonyi hapfiriye abaturage batanu bazize Gazi yabatunguye ubwo bari bagiye gukamya amazi yari yaretse mu kirombe cy’amabuye y’agaciro kugira ngo cyongere gikoreshwe....
Abaturage bo Ntara ya Cibitoki muri Komini ya Mabayi bavuga ko hari abarwanyi bavuga Ikinyarwanda bo muri FLN bava mu ishyamba rya Kibira (rifatanye n’irya Nyungwe mu Majyepfo y’u Rwanda) bakajya kuba...
Mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge haravugwa ubwumvikane buke hagati y’abahatuye n’umushoramari w’aho wabafungiye inzira ijya mu ngo zabo. We avuga ko abaturage bari bakwiy...









