Imyigaragambyo ikomeye imaze iminsi muri Bangladesh yatumye Minisitiri w’Intebe Sheikh Hasina yegura ahita ahunga. Hari amakuru avuga ko ashobora kuba yahundiye mu Buhinde. Muri iki gihugu hamaze im...
Abantu bataramenyekana bo mu Karere ka Nyamasheke biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 102, bamena n’ibirahure by’inzu ye. Bivugwa ko babikoze mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo urutoki rwa Je...
Mu Karere ka Kayonza ahitwa Mukarange niho hari bubere ibirori byo kwizihiza umunsi w’umuganura uba buri mwaka. Abagore bakuru bateze urugori, abagabo Bambara imishanana baraberwa, inyambo zirategurwa...
Mu buryo butunguranye umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka! Bivugwa ko yari...
Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, avuga ko hari umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bwR...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Abatuye Imirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Ihene bakwibye bayi...
Muri Kanama, 2024 Guverinoma y’Uburundi izakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire. Irasaba abaturage kuzabwiza ukuri abakozi bazaza kubabarura kugira ngo igenamigambi rizaze rishingiye ku makur...
Urukiko rwarekuye Major (Rtd) Jean Paul Katabarwa n’uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Maraba witwa Uwamariya Jacqueline bari bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’abapfiriye ...
I Bumbogo mu Karere ka Gasabo aho yiyamamarizaga ku munsi ubanziriza uwa nyuma, Kagame Paul yavuze ko hari ubwo yirutse asiga umujandarume wo mu ngabo za Juvenal Habyarimana wari umubonye aciye hafi y...









