Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende. Mu karere u R...
Ubuyobozi bwa Karongi buvuga ko bumaze gusana Umudugudu wa Rugabano bukoresheje Miliyoni Frw 500. Mu gusana izi nzu hajemo kubaka inzira z’imyotsi iva mu bikoni no kubaka bundi bushya ubwiherero busim...
Amakuru ava mu Mujyi wa Goma aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Nzeri, 2024 abari baravanywe mu byabo n’intambara muri uyu mujyi baramukiye mu myigaragambyo basaba ko bemererwa baga...
Abo ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Runege witwa Munyaneza Calypophore, Gitifu w’Akagari ka Rugano witwa Nteziryayo Fréderick ndetse na mugenzi we w’Akagari ka Gatovu witwa Twizerimana ...
Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza. Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hak...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...
Mu Mudugudu wa Mata mu Kagari ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga hari abaturage basaba gusubizwa umuyoboro w’amazi bakuruye bayakura mu isoko hanyuma barawamburwa uhabwa rwiyemezamirimo ngo awucunge. Kuw...
Abasirikare b’Uburusiya bakomeje gushushubikanya ingabo za Ukraine zari zarinjiye mu Burusiya ahitwa Kursk. Ubu ingabo z’Uburusiya bivugwa ko ziri gusatira Intara ya Pokrovsk muri Ukraine....
Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi NAEB kivuga ko mu myaka ine hazasimbuzwa ibiti by’ikawa bishaje biteye kuri hegitari 435. Kuyisazura bizakor...









