Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda gukomeza ingamba zo kwirinda Marburg, akababwira ko badakwiye gusagarira uducurama bitewe n’uko ari two byagaragaye ko twazanye kiriya cy...
Minisiteri y’ ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko imiryango 800 ituriye umugezi wa Sebeya igiye kubakirwa inzu kugira ngo iture ahadashyira mu kaga ubuzima bw’abayigize. Uyu mwanzuro wafashwe hashing...
Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia. Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Ha...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye irahira rya Minisitiri Dr. Patrice Mugenzi washinzwe ubutegetsi bw’igihugu na Dr .Mark Cyubahiro Bagabe w’ubuhinzi n’ubworizi, Perezida Kagame yabwiye abo bagabo ko Mi...
Mu Murwa mukuru wa Cuba ari wo Havana ndetse n’ahandi muri iki gihugu baraye mu icuraburindi nyuma y’uko uruganda rutungana amashanyarazi runini kurusha izindi rugize ikibazo. Itangazamakuru ryo muri ...
Mu minsi micye iri imbere ibitaro Bya Muhororo biri mu Karere ka Ngororero birasenywa hubakwe ibindi bishya. Ni ibitaro bishya Perezida Kagame yemereye abaturage ba Ngororero. Ibitaro bya Muhororo bir...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko nyuma y’igitutu cy’itangazamakuru, ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoranye na Polisi barekura umuyobozi ushinzwe imibereho myiza mu Kagari Bihembe wari ufungiye mu...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga indahiro z’Abasenateri 20 barahiriye inshingano muri manda ya kane, Perezida Kagame yabasabye gushyira imbaraga mu kumenya uko abaturage babayeho bitabaye ngombwa ko bab...
Ubuyobozi bw’Umuryango ushinzwe Kurwanya Ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro nto muri Afurika (RECSA) uvuga ko kugeza ubu hari intwaro zirenga miliyoni 100 ziri mu batuye Afuruka kandi batemerewe kuzitun...









