Ihuriro ry’abantu 400 biganjemo intiti bihurije hamwe inyandiko isaba Umuryango Mpuzamahanga kwamagana no gukora ibishoboka byose ubwicanyi bukorerwa abaturage ba DRC bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga Ik...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko muri Werur...
Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Nyuma yo gusuzuma neza, igisirikare cya Israel cyasanze umwe mu mirambo Hamas yahaye iki gihugu y’abantu yari yaratwaye bunyago atari uw’umuturage wayo. Uwo murambo batuburiye Israel ni uw...
Mu mihanda yo mu Midugudu yo mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo abantu ni uruvunganzoka kandi nta yindi ntero itari kwivuna umwanzi bo bavuga ko uwo ari Umunyarwanda cyangwa uvuga Ik...
Mu mboni zawo, umutwe Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) usanga igikwiye ari uko abaturage bose ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahagaruka bagafatanyanayo guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa kuko busig...
Kuri iki Cyumweru tariki 16, Gashyantare, 2025 mu Mirenge ya Gihombo, Kirimbi, Macuba na Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke habaye ikiza cyatewe n’inkubi yasenye inzu z’abantu bagize ingo 24. Bagiye guc...
Muri Kamena, 2022 nibwo M23 yafashe umujyi wa Bunagana uturanye na Uganda, kugeza n’ubu iracyawufite. Mu minsi ishize yafashe na Goma none ubu yafashe na Bukavu. Haribazwa niba iri bube iretse gufata ...
Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Umwami Abdallah II uyobora Jordan yaraye aganiriye na Donald Trump ku mushinga Amerika ifite wo gutuza mu gihugu cye abahoze batuye muri Gaza. Yagaragaje ubwenge mu bisubizo yahaye abanyamakuru. Mu ki...







