I Caracas muri Venezuela hafatiwe umwanzuro wo guha abaturage intwaro, bagatozwa kurwana bitegura kuzahangana na Amerika igihe izaba ibashoyeho intambara. Mbese abaturage bari gutegurirwa intambara. B...
Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Hategekimana na Sebera bo muri Rutsiro barashakishwa n’ubuyobozi n’inzego z’umutekano zo mu Karere ka Karongi nyuma y’ibyo bavugwaho byo kwica Niyibizi Pacifique w’imyaka 25 bivugwa ko yari aje ...
Leta y’Ubushinwa yahungishije abaturage Miliyoni ebyiri batuye mu Majyepfo kubera inkubi ikomeye bise Ragasa ikaba iri gusatira Intara ya Guangdong. BBC yanditse ko hari abantu 14 bamaze gupfa b...
Hari Abakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Musanze bavuga ko bakeneye telefoni zabo bwite kandi zikoresha murandasi kugira ngo bajye batanga raporo z’akazi batiye abaturage. Abaganiriye n’itangazamakuru...
Mu gihugu hose hamaze kubakwa ibiraro 300 byo mu kirere bifasha abaturage batuye ahantu hagoye kwambuka guhahirana. Inzego z’ibanze za Leta y’u Rwanda zikorana n’Ikigo Bridge for Pro...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
Ingabo za Israel zarekuriye mu baturage impapuro zisaba abagituye muri Gaza kuhava bagakiza amagara yabo inzira zikigendwa. Zirateganya igitero simusiga kizakukumba ibice byose bya Gaza bisigaye kugir...









