Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino. Bukubiye mu itangazo iyo F...
Mu mahugurwa abasifuzi ba Karate bahawe, babwiwe ko hari impinduka zashyizweho mu mategeko agenga umukino wa karate. Abasifuzi 60 bo mu Rwanda barimo abagabo 52 n’abagore umunani nibo bahawe ariya mah...

