Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Uganda rwatangaje ko itegeko ribuza ubutinganyi muri iki gihugu rikomeza kubahirizwa nk’uko ryatowe mu mwaka wa 2023 ariko ruvuga ko abo rireba bemerewe u...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri ...
Mu itangazo abapisikopi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo baraye basohoye, banditse ko badashyigikiye icyemezo Papa Francis aherutse kwemeza cy’uko ababana bafite ibitsina bisa bazajya bahabwa...
Itangazo rya Banki y’Isi ryasohotse kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Kanama, 2023 rivuga ko nta wundi mushinga w’iterambere rya Uganda bazatera inkunga kubera ko badashaka ko hari bamwe mu baturage ba ki...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu mubu...
Umuyobozi w’Abangilikani ku rwego rw’Isi, Umwongereza witwa Archibishop of Canterburg Justin Portal Welby yandikiye ibaruwa uhagarariye Abangilikani bo muri Uganda amubwira ko bagomba guhaguruka bak...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Gic...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda irashaka gutora itegeko rihana mu buryo budasubirwaho abatinganyi kubera ko ngo ubutinganyi bwugarije umuryango mugari w’abaturage b’iki gihugu. Muri Uganda ha...








