Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...
Burya intambara ubona uyinjiramo ariko ntumenya igihe n’uburyo izarangira. Ubanza iyi ariyo mpamvu umuhanga mu mateka akaba yarigeze no kuba Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amah...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’Abatalibani cyane cyane mu Majyaruguru ya Afghanistan, ingabo z’iki gihugu ziri kwisuganya ngo zirebe ko zakwirukana bariya barwanyi bamaze iminsi bazicanaho umuriro. Inta...
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...





