Umutwe wa gisirikare( ufite n’ishami rya politiki) Mouvement du 23 Mars( M23) uvuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukomeje kugirira nabi abasirikare bawo bamanitse amaboko bakemer...
Hari ikinyamakuru gikorera kuri murandasi bivugwa ko gikorana na Leta y’u Burusiya cyatangaje ko mu Byumweru bine abasirikare b’iki gihugu bamaze mu ntambara muri Ukraine kimaze gupfusha abasirikare b...
Umwe mu basirikare ba Uganda witwa John Bakambera wari waratorotse igisirikare yiyahuye ‘arapfa’ aguye iwe ahitwa Rushongati, muri Kicumbi, mu Gace kitwa Kamuganguzi. Amakuru atangwa na ChimpReports a...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje ko ik...
Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare bari muri Ukraine babaye bahagaritse intambara kugira ngo bahe abashaka guhunga uburyo bwo gusohoka mu gihugu. Ni umwanzuro wafashwe mu rwego ...
Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri uyu wa Gat...
Ibinyamakuru byo muri Amerika no mu Bufaransa bitangaza ko u Burusiya bwatangaje ko bugiye gusubiza bamwe mu basirikare babwo bari baragiye ku mupaka wabwo na Ukraine mu bigo byabo. AFP na Bloomberg b...
Hari indege yaturutse muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ipakiye toni 1200 z’ibisasu bita javelins igwa i Kiev muri Ukraine. Ambasade y’Amerika ivuga ko biriya bisasu byagenewe Ukraine kugira ngo izavu...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura avuga ko ari ngombwa ko ingabo z’ibihugu by’Afurika muri rusange n’iz’u Rwanda by’umwihariko zigira ibikoresho bigezweho byo gutwara abasir...
Bamwe mu banyapolitiki bo mu Bufaransa bashinja u Burusiya gushyigikira ihirikwa ry’ubutegetsi riherutse gukorerwa muri Burkina Faso. Ndetse bavuga ko hari umukire w’Umurusiya witwa Evgueni Prigojine ...









