Nyuma yo kwamaganwa n’abaturage b’i Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bavuga ko batazishaka ku butaka bwabo, ingabo za MONUSCO zavuye ku izima zizinga ibyazo zirahava. Abagize Sosiyete Sivile bo...
Mu buryo bweruye, ingabo z’u Burundi zageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuhirukana abarwanyi bo mu mitwe ikorera muri kiriya gihugu. Umwe muri yo ni Red Tabara ubutegetsi bw’i Gitega bushi...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo hafatiwe abagabo babiri bavugaga ko ari abasirikare ba RDF bakanywa inzoga z’abaturage barangiza ntibishyure. Uwavugaga bamubwiraga ko ibyo arimo atabizi. Umwe...
Polisi yataye muri yombi umusirikare wari ugiye kurasa umupolisi wari umusabye gukura imodoka aho yari yayiparitse nabi. Byaraye bibereye ahitwa Kibuye mu Murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Umusirikare ...
Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye. Ni imyitozo igamije kongerera in...
Abasirikare bakuru 48 baturutse mu bihugu bitandukanye (Senior Command and Staff) baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amasomo mu bya gisirikare bari bamazemo umwaka. 29 muri ni Abanyarwanda mu ngabo ...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda itangaza ko abasirikare babiri bari bamaze iminsi barashimuswe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ziri kumwe n’iza FDLR nk’uko itangazo ry’ingabo z’u Rwanda r...
Ibiganiro byabaye hagati ya Perezida wa Angola witwa Lourenço n’uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi byavugaga uko umwuka w’intambara hagati ya Kigali na Kinshasa wacururuka, byageze...
Kuva Israel yabona ubwigenge mu mwaka wa 1948 kugeza n’ubu ntiramara imyaka icumi itari mu ntambara. Byatumye abasirikare bayo baba bamwe mu bafite ihungabana kurusha abandi ku isi. Ikirushijeho kubiz...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu Rwanda mu rwego rw’ubushakashatsi ...









