Ibisasu Ukraine yari yaratse Amerika ngo zizayifashe kuzahaza abasirikare b’Uburusiya bayizengereje yabibonye. Ibya mbere yabyakiriye kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Nyakanga, 2023 nk’uko Al Jazeera yab...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga hamwe n’abandi bayobozi mu ngabo z’u Rwanda babwiye abashinzwe umutekano muri za Ambasade zikorera mu Rwanda uko umutekano warwo wifashe ndet...
Hari video iri ku mbuga nkoranyambaga yerekana umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel mu ngabo z’Uburusiya witwa Roman Venevitin wemera ko ari uwo mu ngabo za Leta ya Putin kandi ko yafashwe u...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko Perezida Paul Kagame yaraye azamuye mu ntera abasirikare 2430, abaha amapeti atandukanye. Abasirikare 1,119 bari bafite ipeti rya Lieutenant yabahaye irya K...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati y’umupaka...
‘Bisa n’aho’ intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yazindutse yafashe indi sura. Amakuru aturuka mu Mujyi wa Kitshanga avuga ko ingabo za DRC zazindutse zirasa i...
Amakuru aturuka muri Repubuklika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo z’u Burundi zoherejwe yo zaraye zizengurutse uruganda rwa zahabu. Abatuye mu gace ruherereyemo bavuga ko zigamije gusahura...
Abantu bataramenyakana barashe indege ya MONUSCO kuri iki Cyumweru taliki 05, Gashyantare, 2023 umuntu umwe mubari bayirimo ahasiga ubuzima, undi arakomereka cyane. Byabereye mu Mujyi wa Beni mu Ntara...
Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere taliki 30, Mutarama, 2023 abarwanyi bagabye ibitero muri Burkina Faso byahitanye abantu 28 barimo abasirikare 10 n’abasivili 18. Ibi bitero byagabwe mu bice bituri...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose. Abagize Sosiyete sivile mur...









