Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko hari bombe yahitanye abasirikare bayo babiri abandi barakomereka. Abo basirikare biciwe mu gice gituranye na Goma kandi abandi batatu muri bo bagiye...
Ntibisanzwe ko Perezida Ndayishimiye avugurura inzego z’igisirikare n’ubutasi mu munsi umwe ariko nk’uko bigaragara mu iteka yashyizeho umukono, ku wa 6, Gashyantare, 2024, ubutegetsi bwafashe umwanz...
I Nyakinama mu Karere ka Musanze haraye habereye ibirori byitabiriwe n’abasirikare bakuru bari bamaze iminsi bahahugurirwa. Byaranzwe no kwerekana ibiranga imico y’aho baturutse mu bihugu 11 by’Afurik...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ayoboye umuhango wo kwakira mu ngabo z’u Rwanda abakomando bashya bari bamaze amezi 10 batorezwa i Nasho mu Karere ka Kirehe. Yababwiye ko u...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda mu izina ry’umugaba wazo w’ikirenga yaje kureba uko abasirikare bagize umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe witoje, aboneraho no kurangiza iyo myitozo zari zimazemo amezi ...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahaye abasirikare barenga 700 amapeti yisumbuye kuyo bari basanganywe. Muri bo harimo abajenerali bane yahaye ...
Taarifa ifite amakuru y’uko hari abasirikare b’Uburundi bagera cyangwa barenga 500 bari muri gereza kuko banze gukorana n’ingabo za DRC mu kurwanya M23. Aya makuru kandi aherutse kugarukwaho na Radio ...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye yakiriye ikiciro gishya cy’abasore n’inkumi binjijwe mu ngabo z’u Rwanda. Bari bamaze amezi arindwi batozwa ibya gisirikare mu k...
Abasirikare ba mbere b’Umuryango w’Uburasirazuba babaga muri DRC baruye indege bava i Goma bataha iwabo. Batashye nyuma y’igihe ubutegetsi bwa DRC bisaba ko bataha kuko ngo nta kintu...
Perezida wa Guinea Bissau yatangarije BBC ko amasasu aherutse kuvugira mu murwa mukuru yari ay’abantu bashakaga guhirika ubutegetsi ariko biranga. Byabaye ku wa Gatanu ubwo yari yitabiriye inama...









