Ahitwa Katana muri Teritwari ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo haraye habereye imirwano hagati y’abasirikare n’abasivili igwamo abantu barindwi. Intandaro ni ugutongana hagati y’umubyeyi w’umukobwa wate...
Nyuma yo kubisabwa na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Akanama k’Umutekano mu Muryango w’Abibumbye kanzuye ko ingabo zako za MONUSCO zitangira kuva muri Kivu y’Amajyepfo. Ni icyemezo c...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato. Ni igikorwa...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera harabera itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant rihabwa abasirikare bamaze igihe batorezwa muri iki kigo amasomo abagira abafosiye bato. Ikigo cya...
Abasirikare b’Umuryango w’ibihugu by’Afurika yo mu Majyepfo, SADC, bari basanzwe bakorera muri Mozambique batangiye gutaha. Ku ikubitiro hatashye abo muri Botswana na Afurika y’Epfo. Ku rundi ruhande...
Itangazo rya SADC rirabikira abantu ko hari abasirikare bane bishwe n’igisasu cyarashwe n’imbunda yo mortier|( mortar). Batatu ni abo muri Tanzania umwe akaba uwo muri Afurika y’Epfo. Bahitanywe n’igi...
Imbere y’urukiko rwa gisirikare, abasikare 11 bo mu ngabo za DRC bitabye ngo bumve ibirego by’ubushinjacyaha by’uko bahunze urugamba bari bahanganyemo n’abarwanyi ba M23. Barashinjwa ubugwari ku rugam...
Kubera impamvu zigikorwaho iperereza, abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo barasanye umwe yica undi, nawe arirasa. Bivugwa ko byatewe n’ubwumvikane buke ariko iperereza rirakomeje. Ikinyamakuru cyo mu...
Amakuru aravuga ko Ambasaderi wa Algeria muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Mohamed Yazid Bouzid yaraye ahamagajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ngo asobanure iby’uko umugaba w’ingabo ...
Major General Vincent Nyakarundi yahuriye na Perezida wa Mozambique Filip Nyusi muri Cabo Delgado aho yagiye mu ruzinduko rw’akazi. Nyusi yari ari kumwe na Minisitiri w’ingabo za Mozambique Maj Gen Cr...









