Umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Le Général de Brigade Gaspard Baratuza yabwiye itangazamakuru ko abavuga ko hari ingabo z’iki gihugu zafashwe na M23 babeshya, ko icyabo ari uguharabikana. Baratuza yabi...
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa batangaje ko hari igitero cyaraye kigabwe ku Biro by’Umukuru wa Tchad bigwamo abantu 19. Biravugwa ko byari igikorwa cyo guhirika ubutegetsi cyakozwe ariko ...
Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyagabye igitero mu Ntara ya Kursk mu Burusiya, ibintu ingabo z’Uburusiya zidahakana. Iki gitero cyagabwe mu rwego rwo kwihimura ku bindi Uburusiya bumaze iminsi buga...
Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
Omar Al Bashir wahoze uyobora Sudan arwariye mu bitaro biri mu Majyaruguru y’iki gihugu nyuma y’uko yoherejwe muri bimwe mu bitaro bikomeye by’aho. Bashir yavanywe ku butegetsi n’imyigaragambyo yabaye...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ashima ubwitange abasirikare bashya binjiye muri RDF bagaragaje mu gihe bamaze batozwa, abasaba kuzashyira mu bikorwa ibyo bize. Yabivugiye ...
Abasirikare b’Uburusiya bakomeje gushushubikanya ingabo za Ukraine zari zarinjiye mu Burusiya ahitwa Kursk. Ubu ingabo z’Uburusiya bivugwa ko ziri gusatira Intara ya Pokrovsk muri Ukraine....
Abapolisi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Conogo baherutse gushya ubwoba bagahungira muri Uganda kubera amasasu ya M23 basubijwe iwabo. Ni abantu 98 bahungiye muri kiriya gihugu mu minsi mike ishi...
I Luanda habereye inama y’ubuhuza bwa Angola yitabiriwe n’abahagarariye inzego zishinzwe iperereza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Baganiriye ku byo babona byakorwa kugi...
Abaturage bateze abasirikare bari bavuye kugemurira bagenzi babo barabica. Umuyobozi wa Lubero avuga ko abo basirikare biciwe ahitwa Njiapanda hagati ya Kambau na Njiapanda. Ni mu gace kari mu ntera y...









