Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 abasirikare bikoze bafunga Perezida wa Burkina Faso Roch Marc Christian Kaboré. Amakuru aturuka mu Murwa mukuru, Ouagadougou, avuga ko mbere yo...
Abahanga bo muri Kaminuza ya Oxford bavuga ko urukingo rwa AstraZenica bakoze rwagaragaje ko rufite ubushobozi buhagije bwo gutuma uwaruhawe agira umubiri ufite ubudahangarwa buhagije ku bwandu bushy...
Bwana El Musalmi Kabbashi usanzwe ari umuyobozi wa Al Jazeera muri Sudani yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano kandi kugeza ubu nta mpamvu y’ifatwa rye iratangazwa. Bisanzwe bizwi ariko ko iki kin...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, abasirikare b’u Rwanda bakurikiranye abantu bageragezaga kwinjiza magendu mu Rwanda, birangira bakandagiye ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko ibin...
Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare ba Nigeria bicamo...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
UBUHAMYA: Kugira Ipeti rya Colonel ni ukugira inshingano zikomeye mu gisirikare. Ba Colonels nibo ‘mu by’ukuri’ bayobora ingabo. Umusirikare wo mu ngabo z’Amerika witwa Kevin Benson avuga kugira ngo u...
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza rya gisirikare ry’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Congo-Kinshasa zahuriye i Bujumbura ziganira ku ngingo zirimo uko zafatanya ngo hagaruke umutekano ura...
Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa ...
Nyuma y’uko ingabo za Uganda zivuye mu gace ka Marianguwaay hafi y’ahitwa Lower Shebelle muri Somalia, bakahasigira ubutegetsi bw’i Mogadishu, abarwanyi ba Al Shabaab bahise bahigarurira. Umuhango wo ...








