Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Ubuyobozi bwa Afurika yunze ubumwe bwanzuye ko ingabo z’Uburundi zisanzwe zikorera muri Somalia mu rwego rwo kuhagarura amahoro zihaguma andi mezi atandatu. Ni zimwe mu ngabo za Afurika ziri muri iki ...
Abantu ibihumbi byinshi bahuriye mu mihanda y’i Teheran baje guherekeza bwa nyuma abajenerali n’abahanga ba Iran baherutse kwicirwa mu bitero Israel yagabye yo. Muribo harimo na Perezida wa Iran Mans...
Guverinoma ya Kinshasa yatangaje ko hari Miliyari $1 yamaze gushorwa mu nzego z’umutekano mu rwego rwo gutuma Uburasirazuba bwa DRC butekana. Ni igice kimaze imyaka irenga 20 kiri mu ntambara z’urudac...
Bertrand Bisiimwa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yaburiye yasabye ingabo z’u Burundi ziri muri RDC gutaha iwabo bigishoboka kuko abo zaje kurwanya ari abantu barwanira uburenganzira bwabo. Uyu mun...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 avuga ko bamaze kumva amajwi menshi y’abaturage b’i Bukavu babatabaza ngo baze babakure mu kangaratete bashyizwemo n’ingabo za DRC zibasahura zikanabica. Mu mpera z’Ic...
U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda. Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifat...








