Ubuyobozi bw’Akagari ka Kanazi mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera buvuga ko ibyo abasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko by’uko ubukene bubarembeje, ari ugukabya. Bo bemeza ko hari bamwe muri bo...
Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Mudugudu wa Rwufe mu Kagari ka Mujuga mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe basaba ubuyobozi kubaha aho kwigira gusoma no kwandika, ariko ubuyobozi bukavuga ko ...
Abo ni abasigajwe inyuma n’amateka bo Karere ka Rusizi mu Murenge wa Gihundwe mu Kagari ka Gatsiro, Umudugudu wa Tuwonane. Bavuga ko ubuyobozi bwari bwarabemereye amasambu yo guhinga kugira ngo nibeza...


