Mu gusobanura ibyo ateganya kuzakora natorerwa kuyobora FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice avuga ko kimwe mu byo ateganya kuzakora natorwa, harimo no guhemba abasifuzi. Asanga bizafasha mu kunoza imisifurir...
Sena y’u Rwanda yakiriye inzego za Siporo zihagarariwe na Minisiteri yayo ngo baganire ku bibazo biri muri Siporo mu Rwanda muri rusange n’umupira w’amaguru by’umwihariko. Senateri Marie Rose Mureshya...

