Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Umuhanzi Kodama avuga ko yahisemo kuririmba indirimbo z’ubutumwa bw’amahoro, ubumwe no kuzamura igihugu yiteze ko bizazana inyungu zirambye aho kuririmba ibyo yise ibishegu biririmbwa n’abashaka inyun...
Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C. Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan. Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe ...
Mu buzima hari ibintu bibiri bitangaza abantu kurusha ibindi. Gusaza no gusinzira. Gusaza ni byo ni ikindi kindi. Abantu bibaza ikintu kiba mu mubiri w’umuntu gituma umusore w’inkorokoro ahinduka umus...
Abakozi bo mu Kigo kitegamiye kuri Leta kitwa ActionAid bavuga ko mu bushakashatsi bakoze mu bihe COVID-19 yabicaga bigacika mu Rwanda, basanze hari abantu bahejwe biganjemo abageze mu zabukuru. Impa...
Mu bihugu bikize bari mu byishimo nyuma y’uko ikigo Biogen gitangaje ko cyakoze umuti wari umaze imyaka myinshi ukorerwaho ubushakashatsi ngo uzafashe ubwonko bw’abantu bageze mu zabukuru gukomeza kwi...





