Imibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima muri Uganda ivuga ko hari abandi bantu batatu bishwe na Ebola. Byatangajwe na Emmanuel Ainebyoona akaba ari umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’ubuzima muri Uga...
Amaraso ni urugingo rw’ingenzi rutuma n’izindi ngingo zigerwaho n’ibizitunga. Iyo umuntu akomeretse agatakaza amaraso menshi cyangwa umubyeyi uri kubyara bamubaze akagira ayo atakaza, akenera ko bamut...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bar...
AVEGA n’Ibitaro bya Kibagabaga bari mu bufatanye bwo gusuzuma abaturage cancer y’inkondo y’umura(abakobwa n’abagore) ndetse na Hepatite. Abagore cyangwa abakobwa basuzumwa cancer y’inkondo y’umura ni ...
Abayobozi mu nzego z’ubuzima mu Bushinwa batangaje ko mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei hongeye kugaragara abantu banduye COVID-19. Hamaze kubarurwa abantu 300 mu minsi 10. Ubuyobozi bw’uriya mujyi...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare mu gitondo...
Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yibukije abaturarwanda ko kuba umuntu yarakingiwe COVID-19 bidasobanuye ko adashobora kuyandura cyangwa ngo yanduze abandi, cyane k...







