Igitero cy’indege za Israel cyasenye igice cy’ibitaro byonyine byari bisigaye muri Gaza cyari gisigaye gikoreshwa mu kwakira indembe. Ubuyobozi bw’ingabo za Israel buvuga ko buri guk...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uducurama twazanye Marburg mu Rwanda twabanje kwanduza umugabo wakoraga mu kirombe cy’amabuye y’agaciro mu gace gaturanye n’Umujyi wa Kigali. Sabin Nsanzimana ushinzwe Mi...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kubona imbangukiragutabara zihagije, Guverinoma y’u Rwanda yaraye igejeje ku bitaro bitandukanye imbangukiragutara 114. Intego ni uko imbangukiragutabara imwe yajya iha ...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...
Abagize ishyirahamwe ry’Abanyarwanda barwara igicuri ryitwa Rwanda Association for Epilepsy basaba Minisiteri y’ubuzima kubafasha ngo babone uruhushya rwo muri RGB rutuma bakora bisanzuye bityo babaru...
Abakozi bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe ubuzima, RBC, bavuga ko indwara zirengagijwe ari ikibazo kiri mu Banyarwanda benshi. Ni ikibazo gikomeye cyane cyane ku byerekeye indwara y’inzoka. Abanyarwan...
Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...
Didas Ntakarutimana ni umwe mu bajyanama b’ubuzima bakorera i Nyange mu Karere ka Ngoma. Yabwiye itangazamakuru ko we na bagenzi muri rusange bagira ikibazo cyo kutabona imbangukiragutabara vuba bityo...
Umurenge wa Gihundwe ni umwe mu yindi ikora ku Mujyi w’Akarere ka Rusizi ari n’aho hubatswe ibitaro bya Gihundwe. Ibi bitaro bifite ibikoresho bike kandi bishaje bityo ababigana bakavurwa nabi. Inyuba...
Perezida Kagame yakiriye Prof. Dr Guillaume Marescaux uyobora Ikigo gikora ubushakashatsi kigatanga n’amasomo mu kubaga umuntu hifashishijwe ikoranabuhanga (IRCAD Africa). Yari kumwe n’intumwa yaje ...









