Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa. Ubwicanyi bwa ADF bwakozwe mu ijoro ry...
U Rwanda rumaze igihe kirekire rubwira amahanga ko ruzi neza ko ubutegetsi bw’i Kinshasa bukorana na FDLR ariko hari bamwe bakeka ko ari ugusebanya cyangwa se imvugo yo guharabika umwanzi. Icyakora si...
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahitwa Beni haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi na ADF buhitana abantu 35. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, niyo ibyemeza. Bishwe hakoreshejwe intwaro gakondo...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zongeye kurasana n’abarwanyi ba M23. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa 07, Werurwe, 2023, abarwanyi ba M23 bar...
Itangazamakuru ryo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika rivuga ko ubutegetsi bw’i Washington buri gukora uko bushoboye kugira ngo bukumire imbaraga z’abacanshuro ba Wagner muri Libya no muri Sudan. Nyuma ...
Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere taliki 30, Mutarama, 2023 abarwanyi bagabye ibitero muri Burkina Faso byahitanye abantu 28 barimo abasirikare 10 n’abasivili 18. Ibi bitero byagabwe mu bice bituri...
Muri Ituri haravugwa inkuru y’urupfu rw’abasirikare 15 bishwe n’abarwanyi b’umutwe CODECO URDPC. Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Djugu kuri uyu wa Gatanu taliki 27, Mutarama, 2023. Intumwa yihariye y’Um...
Umuhuza hagati ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’imitwe iyirwanya Uhuru Kenyatta avuga ko umutekano wasubiye irudubi. M23 ikomeje kwigarurira ibice bitandukanye bw’u Burasirazuba bwa DRC....
Umutwe w’iterabwoba witwa Islamic State watangarije kuri Telegram ko ari wo wagabye igitero cyahitanye abantu 23 ku Cyumweru taliki 22, Mutarama, 2023 mu Mujyi wa Beni, uyu ukaba umurwa mukuru wa Kivu...
Amakuru avuga ko kuri uyu wa Mbere ahagana mu masaha ya kare mu gitondo abarwanyi birukanye ingabo za DRC mu gace kitwa Kisharo. Niko gace gakomeye ka Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyar...








