Perezida Félix Tshisekedi yabwiye abanyamakuru ko ingabo z’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba zoherejwe mu gihugu cye zitakihifuzwa kuko n’igihe zari zarahawe kizarangirana na Kamena, 2023. Hari mu ...
Ibyumweru bibaye bibiri muri Sudani intambara itangiye. Ababikurikiranira hafi bavuga ko iri gufata indi ntera kuko n’ibihugu bigize Umuryango wa IGAD bihangayikishijwe n’uko nta ruhande mu ziha...
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gukorana na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu kurwanya M23. Ni icyemezo cyatangajwe ku mugaragaro nyuma y’ibiganiro byabuhuje na Minisitiri wa DRC ushinz...
Iminsi irindwi irashize muri Sudani hadutse intambara. Imibare ya OMS ivuga ko abantu 413 bamaze kuyigwamo bivuze ko ku munsi hapfaga abantu ‘bagera’ kuri 59. Abantu 3,500 kandi bayikomerekeye mo. Iki...
Abagabo batandatu bahoze ari abayobozi bo hejuru muri FDLR bakatiwe gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cy’Urukiko rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyamburanya i...
Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania. Muri rusange iki giter...
Mu murwa mukuru wa Sudani witwa Khartoum hiriwe imirwano hagati y’ingabo n’abarwanyi bitwara gisikare. Hari hashize iminsi hari umwuka w’intambara. Intandaro y’ibi byose ni ikibazo cyakomeje kuburirwa...
Ghana yohereje abasirikare n’abapolisi bagera ku 1000 ku mupaka wayo na Burkina Faso. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko hari umuturage wa Ghana wari usanzwe ukora ku rwego rw’abinjira n’abasohoka wiciw...
Nsabimana Callixte( niwe Sankara) n’abandi bantu 19 barimo n’abagore baraye bageze i Mutobo ngo bakurwemo ibitekerezo bya kinyeshyamba bamaze imyaka myinshi bafite. Ni byo byatumye bajya mu mitwe y’i...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo umutwe wa ADF ukomeje kwararika ingogo. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Werurwe, 2023 hari abantu barindwi bivugwa ko bishwe n’abarwanyi b’uyu mutwe babasanze m...









