Umugabo wigeze kuyobora Komosiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Corneille Nanga yavuze ko afite amakuru avuga ko hari abarwanyi ba FDLR bashyizwe mu mutwe w’abarinda Perezida F...
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu talki 29, Nyakanga, 2023 uhagaritse ubufatanye bwose mu bya gisirikare wari ufitanye na Niger. Ni icyemezo cyatangajwe n’Ushinzw...
Amakuru avuga ko umugabo witwa Joseph Ntabanganyimana uri mu bantu Perezida Kagame yahanye imbabazi na Paul Rusesabagina na Sankara yatorotse aho yari ari kugororerwa mu kigo cya Mutobo mu Karere ka M...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubufatanye mu bihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo banzuye ko ingabo zabo zizaba zageze muri Repubulika ya Demukarasi muri Nzeri, 2023. Inama yanzuriwe ibi yari iyo...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Gen Juvénal Marizamunda yagiye muri Mozambique ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO. Y...
Umuryango w’Afurika yunze ubumwe uvuga ko hagiye gutangira gahunda yo gukura ingabo zawo zose muri Somalia. Intego ni uko Somalia ubwayo yasigara yicungira umutekano wayo kuko ziriya ngabo zitazahora ...
Hari video iri ku mbuga nkoranyambaga yerekana umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel mu ngabo z’Uburusiya witwa Roman Venevitin wemera ko ari uwo mu ngabo za Leta ya Putin kandi ko yafashwe u...
Ubuyobozi bwa Teritwati ya Ango ahitwa Bas-Uela muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo buvuga ko hari impunzi nyinshi zaturutse muri Centrafrique zimaze kubahungiraho. Harabarurwa abagera ku bantu 200...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yagiye muri Congo-Brazzaville kuganira na mugenzi we Denis Sassou Nguesso. Nta makuru arambuye ku bikubiye mu biganiro byabo ariko nk’uk...
Imibare ituruka Ouagadougou ivuga ko abarwanyi bishe abantu 33 babasanze mu murima. Burkina Faso iri mu bihugu byibasiwe n’abarwanyi bakora iterabwoba. Mu Ntara 13 zikigize, icyenda zashyizwe mu bihe ...








